RIB ITAYE MURI YOMBI UMUYOBOZI WA IPRC KIGALI.

RIB ITAYE MURI YOMBI UMUYOBOZI WA IPRC KIGALI.

Aka kanya umuyobozi mukuru wa IPRC KIGALI, Murindahabi Diogène atawe muri yombi nyuma yuko iri shuri naryo rifunzwe.

Umuvugizi w'urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB, Dr. MURANGIRA B. Thierry amaze gutangaza ko uyu muyobozi yamaze gufungwa ku byaha akekwaho bifitanye isano n'ubujura bwabereye muri iki kigo.

Kugeza ubu Bimwe mu bikoresho byari byibwe byagarujwe mu gihe iperereza rigikomeje hashakishwa ibindi.

Inkuru y'uko iri shuri rikuru rya IPRC KIGALI ryafunzwe by'agateganyo mu byumweru 2, yamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Ukwakira 2022.

Soma inkuru yose uko byatangiye; https://kalisimbi.com/iprc-kigali-ibaye-ifunzwe

IPRC Kigali yafunzwe by'agateganyo