Duherukana Davis ahita asubira inyuma nyuma yuko yari yinjiye mu gipangu tutazi icyo yikanze,Mama Teta we yabonaga umukobwa we ameze...
indege yagombaga kuzana izi mpunzi yahagaritswe ku munota wa nyuma hakomeje kwibazwa impamvu nyamukuru yabiteye.
Mugisha Moise yavuze yeruye icyamufashije kwegukana isiganwa rya Tour Du Cameroon
Ku isaha ya saa munani zuzuye nibwo aya makuru yamenyekanye bwa mbere ubwo Clapton Kibonke yasazwe n'ibyishimo abitangariza abantu...
Iyi nkuru nkuko mubizi,mu gice giherutse Claude gahunda ye yari yayigezeho arimo yishimisha,Abel we atora ubusurira,Jolly we hari...
Abana be 2 muri 3 yasize, bashimangiye ko ntacyatuma banyuranya n'ibyizerwa na benshi ko se yakoze itandukaniro mu muziki.
Nyuma y'amezi 9 yari amaze atwite, umuhanzikazi Clarisse Karasira yibarutse umwana w'umuhungu w'imfura benshi bizihirwa n'iyi nkuru.
Iyi filime y'uruhererekane yakozwe n'umugabo ukomoka mu gihugu cya Esipanye(Spain) witwa Alex Pina, igarutse mu bice byayo bishya...
Gutinda twarabyibagiwe niyo mpamvu nk'uko ubizi ubushize Davis yari yakize gusa atarasubizwa ikibazo cy'ingenzi yabajije Teta,Neillah...
Imikino 2 yahuje ikipe ya APR FC na AS KIGALI ndetse na KIYOVU Sports yesuranaga na Espoir FC niyo yari ihatse indi benshi bari bahanze...
Umukino wahuzaga APR FC na AS KIGALI urangiye ikipe y'ingabo ikubiswe inshuro na mukeba w'ibihe byose bigabanya umuvuduko usatira...
Hari hashize iminsi imikino ya shampiyona yarasubitswe, kuri uyu munsi yongeye gusubukurwa APR FC ifite umusozi wo kuzamuka.
Umujyi wa Bunagana uturukamo ibicuruzwa biva Uganda byerekeza i Goma ndetse uyu niwo wa mbere ugaburira abatuye i Goma.
Kalisimbi yabateguriye urutonde rw'ibyamamare by'ingenzi 20 byari byitabiriye ubu bukwe bwaryoheye ijisho.