Nyuma yuko ku munsi w'ejo hashize muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu bitangazamakuru byaho hari amakuru yavugaga ko...
Bamwe mu babonye iyi modoka iri kugurumana, babanje kugira igishyika ko yaba ihiriyemo abantu ari na bwo bamwe batangiraga.......
ARIEL WAYZ yitwikiriye ijoro ashyira hanze ukuri kose kubabaza umuhanzi JUNO Kizigenza bawubanyeho
Ndabasuhuje mwese aho muri hose niba ugiye gusoma Iyi nkuru wihangane ugire isomo uyikuramo. Ubushize Davis yarimo yihishahisha,Neillah...
Ni umukino urangiye wari uhanzwe ijisho na benshi kuko wagombaga guhindura urutonde mu kanya nk'ako guhumbya.
Nyuma yuko ikipe ya AS MUHANGA yari yatanze ikirego ishinja Rwamgana City gukinisha umukinnyi ufite amakarita 3, iki kirego cyateshejwe...
Repubulika iharanira demokarasi ya Congo nyuma yo gushyigikira imyigaragambyo yo kwirukana abanyarwanda yavuze ko yiteguye kurwana.
Repubulika iharanira demokarasi ya Congo iri mu myiteguro yo kongera guhangana n'umutwe wa M23 wibasiye iki gihugu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki 16 Kamena 2022 nibwo humvikanye inkuru ko Rayon Sports yasezereye ku mugaragaro abakinnyi 5
Sjhampiyona y'ubwongereza Premier League igiye gutangira kuri 5 kanama uyu mwaka.