AHA NIHO URUKUNDO RURYOHEYE ZARI N'UMUKUNZI WE.

AHA NIHO URUKUNDO RURYOHEYE ZARI N'UMUKUNZI WE.

Burya ngo udakunda ntaryoherwa n'ubuzima kenshi bivugwa n'abakundana cyane iyo bizihiwe.

Umuherwekazi ZARI wamamaye cyane mu kwerekana imideli bisa naho yahuye n'ibyishimo atigeze agira kuva mbere.

Ku karubanda Yatomagije umusore bakundana nyuma yo gusakaza amafoto agaragaza yarimbye umukufi mu gatuza wanditseho izina 'SHAKIB' ry'uwo yihebeye, Ati "Ubwiza bw'umubiri wawe n'uko uteye birambwira."

Ipfunwe ryo gukundana na SHAKIB CHARM arusha imyaka 12 yose si iryo agiterwa mu buzima yikuyeho abamunnyega yima amatwi abamuserereza ko ashaje yakwiye kuba yigira mu basaza.

Soma; https://kalisimbi.com/zari-mu-nyanja-yurukundo

Soma; https://kalisimbi.com/zari-yakoreye-bibi-gafotozi-wamutamaje