PEREZIDA WA AMERICA JOE BIDEN YAHUYE N'AKAGA GAKOMEYE UBWO YANYONGAGA IGARE

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden,yahuye n’akaga gakomeye ubwo yatwaraga igare maze agwa imbere y’abantu , yarimo agenda hafi y’urugo rwe ku mucanga muri leta ya Delaware yo muri Amerika.

PEREZIDA WA AMERICA JOE BIDEN YAHUYE N'AKAGA GAKOMEYE UBWO YANYONGAGA IGARE

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden,yahuye n’akaga gakomeye ubwo yatwaraga igare maze agwa imbere y’abantu , yarimo agenda hafi y’urugo rwe ku mucanga muri leta ya Delaware yo muri Amerika.

Joe Biden, ufite imyaka 79,  yari ku mucanga w’ahitwa Rehoboth aho amaranye weekend  n’umugore we Jill Biden, ni mu gihe bizihizaga imyaka 45 bamaze bashyingiranwe.

Ubwo yanyogaga igare Joe Biden yashatse guhagarara kugirango asuhuze abaturage agira ikibazo ananirwa gukuramo ikirenge ku igare maze yitura hasi.Gusa ntiyakomeretse cyangwa ngo agire ikindi kibazo. 

https://www.instagram.com/reel/Ce9bp7RopIi/