DYNAPHARM YATANZE IHUMURE KU NDWARAZUGARIJE BENSHI MURI IKIGIHE

Dynapharm Rwanda  ikigo gikomoka muri Malaysia kizwi cyane ku nyunganira mirire n’ubuvuzi bushingiye kubimera,kurubu kimaze imyaka irenga cumi nibiri gikorera murwanda.

DYNAPHARM YATANZE IHUMURE KU NDWARAZUGARIJE BENSHI MURI IKIGIHE

Dynapharm Rwanda  ikigo gikomoka muri Malaysia kizwi cyane ku nyunganira mirire n’ubuvuzi bushingiye kubimera,kurubu kimaze imyaka irenga cumi nibiri gikorera murwanda.

Iki kigo gifite icyicaro murwanda mumujyi wa Kigali ahazwi nko mugakiriro, kimaze kuba ubukombe mukuvura indwara zananiranye,

Kubera ubuvuzi butagira amakemwa kimaze kugira abakigana benshi cyane baturuka hirya no hino kwisi doreko aho uherereye hose bagufasha kubona imiti.

mu Rwanda kimaze kugira amashami muturere dutandukanye nka Musanze,Rubavu,Huye nahandi.

Ikinyamakuru Kalisimbi cyaganiriye n’umuganga ukora muri ikikigo avuga ko   bamaze kuvura abantu benshi indwara zari zaranze gukira. Yatubwiyeko hari abo bavura bagakira nyamara bari boherejwe mumahanga byananiranye.

Yaduhaye urugero kundwara zimwe abantu batekereza ko zidakira kandi zivurwa zigakira nk’

Amibe,Diabete,umugongo,umubyibuho ukabije,gucika intege mugikorwa cy’abashakanye, ibibazo bijyanye n’imyororokere ku bagore, umuvuduko w’amaraso, abagizweho ingaruka na onapo,ibibazo by’abagore batwite,kubura apeti, nibindi

Yongeye kwibutsa abanyarwanda ndetse n’abatuye isi muri rusange ko Atari byizako wibuka kugana ivuriro aruko urwaye gusa ahubwo biba byiza gukurikirana ubuzima bwawe burigihe. Rimwe na rimwe ugakoresha inyunganira mirire kugirango urusheho kugira ubuzima bwiza. 

Vugana na muganga agufashe niba ufite ikibazo aho uri hose kw’isi +250783649526